1Nuko mu mwaka wa cumi n'umwe, ku munsi wa mbere w'ukwezi, ijambo ry'Uwiteka rinzaho riti 11.21-22; Luka 10.13-14
2“Mwana w'umuntu, Tiro yacyocyoye iby'i Yerusalemu ati ‘Awa! Uwariumwugariro w'abantu yarasenyutse, arangarukiyeubwo yahindutse amatongo, ngiye kubonabyinshi byuzuye.’
3“Ni cyo gituma Umwami Uwiteka avuga ati: Dore ndakwibasiye yewe Tiro we, ngiye kugutezaamahanga menshi nk'uko inyanja izamuraumurabawayo.
4Na bo bazasenya inkike za Tiro bubikeiminara ye,umukungugu waho na wo nzawukukumbaho, habeurutarerurihoubusa.
5Hazaba imbuga yo kwanika inshundura ho hagati y'inyanja kuko nabivuze, ni ko Umwami Uwiteka avuga. Azabaumunyago w'amahanga.
6Kandi n'abakobwa be bari mu misozi bazicishwa inkota, maze bamenye yuko ndi Uwiteka.”
7Umwami Uwiteka aravuga ati “Dore ngiye gutezai Tiro Nebukadinezariumwami w'i Babuloni,umwami w'abami aturutse ikasikazi, afite amafarashi n'amagare n'abagendera ku mafarashi, n'ingabo nyinshi n'abantu benshi.
8Abakobwa bawe bari mu misozi azabicisha inkota kandi azakubakaho ibihome, agukikizeho ikirundo cyo kuririraho, kandi agutezeababambitse ingabo.
9Inkike zawe azazerekezaho imigogo y'urwicundo yo gusenya inkike z'amabuye, iminara yawe ayubikishe intorezo ze.
10Amafarashi ye azabyutsaumukunguguuguhumbikeho kuko ari menshi, inkike zawe zizanyeganyezwa n'ikiriri cy'abagendera ku mafarashi n'icy'inziga n'icy'amagare y'intambara, igihe azatunguka mu marembo yawe nk'uko abantu biroha mu muduguduwacitsemo icyuho.
11Inzira zawe zose azazikandagizamo ibinono by'amafarashi ye, abantu bawe azabasogotesha inkota kandi inkingi zerekanaubugabobwawe zizagwa hasi.
12Ubutunzi bwawe bazabukunyaga basahure n'iby'ubucuruzibwawe, kandi bazubikainkike zawe barimbure n'amanyumba yawe anezeza, kandi amabuye yawe n'ibiti byawe n'umukungugu wawe bazabiroha mu nyanja.
13Kandi nzahozaurusakurw'indirimbo zawe, n'ijwi ry'inanga zawe ntabwo zizongera kumvikanaukundi.
14Kandi nzakugiraurutarerurihoubusaube imbuga yo kwanika inshundura, ntabwouzongera kubakwaukundi kuko jye Uwiteka nabivuze.”Ni ko Umwami Uwiteka avuga.
15Uku ni ko Umwami Uwiteka abwira i Tiro ati “Mbese ibirwa ntibizahindaumushyitsi ku bwo guhorera ko kugwa kwawe, igihe inkomere zawe zizaba ziboroga, icyorezo kikaba kuri wowe?
16Ni bwo abami bose bo mu nyanja bazimurwa ku ntebe zabo, bakikuramoibishura byabo kandi bakiyambura imyambaro yabo iteye amabara. Baziyambikaubwoba bicare hasi, bahore bahindaumushyitsi kandi bumirwe ku bwawe.
17Kandi bazagucurahoumuborogo bakubwire bati ‘Ko warimbutse wowe wariutuwemon'abagendagenda mu nyanja, wariumuduguduwogeyeukabawariukomeye mu nyanja, wo n'abari bawutuyemobagateraubwoba abari bayiriho bose!
18Noneho ibirwa bizahindaumushyitsi mu minsi wo kugwa kwawe, niukuriibirwa biri mu nyanja bizahagarikwaumutiman'uko wakuweho.’”
19Nuko Umwami Uwiteka aravuga ati “Igihe nzakugiraumuduguduw'amatongoukamera nk'imiduguduyashizemo abantu, igihe nzakurengeza amazi y'imuhengeri n'amazi menshi akakurenga hejuru,
20ni bwo nzakumanurirahamwe n'abamanuka bajya mu rwobo mu bantu ba kera, ntumeuturaikuzimuahantu habaye amatongouhereye kera, hamwe n'abamanuka bajya mu rwobo kugirangoutazongera guturwamo, kandiutongera kubyuka mu gihugu cy'ababaho.
21Nzakugiraigiteyeubwoba kandi ntabwouzongera kubaho; nahouzashakwa, ntuzongera kurebwa.”Ni ko Umwami Uwiteka avuga.