Lev 18:1-30 BYSB2001 - Bible AI

1Uwiteka abwira Mose ati

2“Bwira Abisirayeli uti: Ndi Uwiteka Imana yanyu.

3Ntimugakore nk'ibyo abo mu gihugu cya Egiputa bajya bakora, abo mwahoze mutuyemo, kandi ntimuzakore nk'ibyo abo mu gihugu cy'i Kanāni bajya bakora, aho mbajyana, kandi ntimuzakurikize amategeko yabo.

4Amateka yanjye abe ari yo mujya mwumvira, amategeko yanjye abe ari yo mujya mwitondera, abe ari byo mugenderamo. Ndi Uwiteka Imana yanyu.

5Nuko mujye mwitondera amategeko yanjye n'amateka yanjye, ibyouzabikora azabeshwaho na byo. Ndi Uwiteka. 3.12.

6“Ntihakagire uwo muri mwe wiyegereza mwene wabo wa bugufingo amwambikeubusa. Ndi Uwiteka.

7Ubwambure bwa so ni bwo bwambure bwa nyoko ntukamwambikeubusa, uwo ni nyoko ntukamwambikeubusa.

8Ntukambikeubusamuka so, kuko ariubwambure bwa so.

9Ntukambikeubusamushiki wawe musangiye so cyangwa nyoko, naho yavutse iwanyu cyangwa ahandi, ntukamwambikeubusa.

10Ntukambikeubusaumukobwa w'umuhungu wawe cyangwa uw'umukobwa wawe, ntukabambikeubusakukoubwambure bwabo ariubwawe.

11Ntukambikeubusaumukobwa wa muka so wabyawe na so, uwo ni mushiki wawe ntukamwambikeubusa.

12Ntukambikeubusanyogosenge, ni mwene wabo wa so wa bugufi.

13Ntukambikeubusanyoko wanyu, kuko ari mwene wabo wa nyoko wa bugufi.

14Ntukambikeubusaso wanyu, ntukiyegerezeumugorewe, kuko ari nyoko wanyu.

15Ntukambikeubusaumukazana wawe: uwo ni we mugorew'umuhungu wawe ntukamwambikeubusa.

16Ntukambikeubusaumugorewanyu,ubwambure bwe ni ubwa mwene so.

17Ntukambikeubusaumugoren'umukobwa we, ntukendeumukobwa w'umuhungu we cyangwa uw'umukobwa we ngoumwambikeubusa: abo ni bene wabo b'umugorewawe ba bugufi, icyo ni icyaha gikomeye.

18Ntugaharikeumugoremwene se ngo abe mukebawe, ngoumwambikaneubusana wa wundi akiriho.

19“Ntukiyegerezeumugorengoumwambikeubusa, agihumanijwe n'umuhango w'abakobwa.

20Ntugasambane na muka mugenzi wawe ngoumwiyandurishe.

21“Ntugatange uwo mu rubyaro rwawe ngoumutambire Moleki, kandi ntugasuzuguzeizina ry'Imana yawe. Ndi Uwiteka.

22Ntugatinge abagabo, ni ikizira.

23Ntukaryamane n'itungo ryose cyangwa n'inyamaswa yose ngoucyiyandurishe, kandi he kugiraumugorecyangwaumukobwauhagarara imbere y'itungo ngo aryamane na ryo, ibyo niukuvanga ibidahuye.

24“Ntimukagire icyo muri ibyo byose mwiyandurisha, kuko ibyo byose byanduje amahanga nzirukanaakabahunga,

25igihugu cyayo kikaba cyanduye. Ni cyo gituma ngihora gukiranirwa kwacyo, kikaruka abagituyemo.

26Nuko mwebweho mujye mwitondera amategeko yanjye n'amateka yanjye, ntimukagire icyo muri ibyo bizira mukora, naho yaba kavukirecyangwaumunyamahangaubasuhukiyemo.

27Kuko ibyo bizira byose bene icyo gihugu bakoze, batuyemombere yanyu, icyo gihugu kikaba cyanduye.

28Ntimuzabikore kugirango icyo gihugu kitabaruka namwe nimucyanduza, nk'uko kirutse ishyanga ryatuyemombere yanyu.

29Umuntu weseuzakora icyo muri ibyo bizira,ubugingo bw'ababikora buzakurwa mu bwoko bwabo.

30“Ni cyo gituma mukwiriye kwitondera ibyo mbihanangirije, kugirango mutagira iyo muri iyo mihango izira mukora, yakorwaga n'abababanjirije mukayiyandurisha. Ndi Uwiteka Imana yanyu.”

© Bible Society of Rwanda, 2001
div>