1Maze Uwiteka arambwira ati “Nubwo Mose na Samweli bampagarara imbere,umutimawanjye ntabwo nawerekeza kuri aba bantu. Ubankure mu maso bagende.
2Nibakubazabati ‘Tujye he?’Naweuzababwire uti ‘Uku ni ko Uwiteka avuze ngo: Abakwiriye gupfa bapfe, n'abakwiriye inkota barimbuzwe inkota, kandi abakwiriye inzara bicwe n'inzara, n'abakwiriye kujyanwa ari imbohe bagendeho imbohe.’
3Kandi nzabategekerauburyo bune bwo guhanwa. Ni ko Uwiteka avuga: Inkota yo kwica, imbwa zo gutanyagura, ibisiga byo mu kirere, n'inyamaswa zo mu ishyamba byo kugasha no kurimbura.
4Kandi nzatuma bateraganwa hirya no hino mu bihugu byose byo mu isi, mbahoye ibyo Manase mwene Hezekiya,umwami w'u Buyudayakoreye i Yerusalemu byose.”
5Ni nde wakugirira imbabazi Yerusalemu we? Cyangwa ni nde wakuborogera? Cyangwa ni nde wahindukirango agusuhuze?
6Uwiteka aravuga ati “Waranyanze wasubiyeinyuma, ni cyo cyatumye nkuramburirahoukubokonkakurimbura, ndarambiwe noneho guhorambagirira imbabazi.
7Kandi nabagoshoje intara mu marembo y'igihugu, nabiciye abana, narimbuyeubwoko bwanjye ntibarakangarukirango bave mu nzira mbi zabo.
8Abapfakazi babo bambereye benshi kurutaumusenyi wo ku nyanja, na ba nyina w'abasore nabatejeumurimbuzi ku manywa y'ihangu, nabatungujeubwoba n'umubabaro.
9Uwabyaye barindwi arihebye ararabiranye, izuba rye rirenze butarīra, yakozwe n'isoni no kumwara: kandi abasigaye bo muri bo nzabarimburizainkota imbere y'ababisha babo.”Ni ko Uwiteka avuga.
10Mbonye ishyano mama, kuko wambyariye kubaumuntu wo kujya impaka no kurwanya abo mu isi yose! Nta we nagurije, kandi nta wangurije, nyamaraumuntu wese wo muri bo aramvuma.
11Uwiteka yaravuze ati “Niukurinzagukomezaugubwe neza, niukurinzatera abanzi bawe kukwisunga mu gihe cy'amakuba no mu gihe cy'umubabaro.
12Mbese harihouwabasha kuvunaicyuma, icyuma cy'ikasikazi n'umuringa?
13“Ibintu byawe n'ubutunzi bwawe nzabitanga ho iminyago ari nta cyo biguzwe, babimareho mu ngabano zawe zose ari ibyaha byawe byose nguhoye.
14Nzakunyuza mu gihuguutaziuri kumwe n'abanzi bawe, kukoumurirowakijwe n'uburakari bwanjye wo kuzabatwika.”
15Ayii Uwiteka, ni woweubizi. Unyibuke kandiunsure,umporere abandenganya ku bwo kwihangana kwawe ntunkureho,umenye yuko nababajwe ngatukwa ku bwawe.
16Amagambo yawe amaze kuboneka ndayarya, maze amberaumunezero n'ibyishimo byo mu mutimawanjye, kuko nitiriwe izina ryawe Uwiteka Mana Nyiringabo.
17Sinicaye mu iteraniro ry'abantu bishima bakanezerwa, ahubwo nicayeukwanjye ku bw'amaboko yawe, kuko wanyujujemouburakari.
18Kuki mporanaumubabaro,urugumarwanjye rutavurikarukabarwanze gukira? Mbese kokouzambera isōko ishukana, cyangwa nk'amazi akama?
19Ni cyo gituma Uwiteka avuga atya ati “Nugaruka nzakugarura kugirangouhagarare imbere yanjye, kandi ibishimwa nubivana mu bigawauzabank'akanwa kanjye. Bazakugarukiraariko ntuzabagarukire.
20Kandi nzakugirainkike yubakishijwe imiringa ibe igihome gikingiye abo bantu, na bo bazakurwanya ariko ntibazakunesha, kuko ndi kumwe nawe ngo ngukizekandi nkurokore. Ni ko Uwiteka avuga.
21Nzakurokora nkuvanemu maboko y'abanyabyaha, kandi nzagukizaamaboko y'abateyeubwoba.”