1“Hamagara noneho, hariuwagusubiza?
Uwo mu bera watabaza niuwuhe?
2Kukoumujinya wicaumupfapfa,
Kandi ishyari ryicaubuzeubwenge.
3Nabonyeumupfapfa ashora imizi,
Ariko muri ako kanya mvumaubuturobwe.
4Abana be bari kure y'ubuhungiro,
Bahondagurirwa mu irembo,
Kandi ntibafite uwo kubarokora.
5Imyaka ye imarwa n'abashonji,
Ndetse bajyana n'ibiri ma mahwa,
Igisambo kimira bunguriubutunzi bwabo.
6Umubabaro ntuva mu mukungugu,
Kandi amakuba ntamera mu butaka.
7Nyamaraumuntu avukiraumuruho,
Nk'uko ibishashi bitumukiramu kirere.
8“Ariko ari jye ubu mba nshatse Imana,
Kandi Imana nkaba ari yo neguriraibyanjye.
9Ni yo ikora ibikomeye bitarondoreka,
N'ibitangaza bitabarika.
10Ni yo ivubiraisi imvura,
Igasandaza amazi mu mirima.
11Ni yo ishyira hejuru aboroheje,
N'ababoroga ibashyira mu mahoro.
12Yica imigambi y'incakura,
Kugirango amaboko yazo adasohoza imirimo yazo.
13Kandi Imana itegera abanyabwenge mu buriganya bwabo,
N'inama z'ab'incakura ikazubika.
14Bahura n'umwijima ari ku manywa,
Barindagira ku manywa y'ihangu nka nijoro.
15Arikoumukeneimukizainkota zo mu kanwa kabo,
Ndetse n'umutindi imukizaamaboko y'abakomeye.
16Ni cyo gitumaumukeneagira ibyiringiro,
Kandi akanwa k'abakiranirwa kazahozwa.
17“Hahirwaumuntu Imana ihana,
Nuko rero ntugasuzugureigihano Ishoborabyose iguhana.
18Kuko ari yo iremauruguma,
kandi akaba ari yo yomora,
Irakomeretsa,
Kandi amaboko yayo ni yo akiza.
19Izakurokora ibyago bitandatu ndetse birindwi,
Kandi nta kibi kizakuzaho.
20Mu gihe cy'inzara izagukizaurupfu,
No mu ntambara izagukizaimbaraga y'inkota.
21Uzahishwa intonganya z'ururimi,
Kandi ntuzatinya kurimbuka kuje.
22Kurimbuka n'inzarauzabiseka,
Kandi ntuzatinya inyamaswa zo mu isi.
23Kukouzasezerana n'amabuye yo mu gasozi,
Kandi inyamaswa zo mu gasozi zizuzuranawe.
24Uzamenya yuko amahoro ari mu rugo rwawe,
Uzasura ibiraro by'amatungo yawe,
We kugiraicyoubiburamo.
25Ni houzamenya kourubyaro rwawe ruzagwira,
N'abagukomokaho bakaba nk'ibyatsi byo ku isi.
26Uzinjizwa mu mva yaweushaje neza,
Nk'umubaw'inganouhunikwa mu gihe cyawo.
27Dore ibyo ni byo twagenzuye dusanga ari ko biri,
Byumveubyigireho akamaro.”